ITANGAZO RIHAMAGARIRA GUPIGANIRA ISOKO
Itorero rya Pentekote ry’u Rwanda – Itorero ADEPR Ururembo rwa Kigali, Paruwase Gatenga ikoreramo Umushinga RW 0379 ADEPR GATENGA, rirahamagarira ba Rwiyemezamirimo babyifuza kandi babifitiye ubushobozi gupiganira isoko ryo kugemura ibiribwa
(Isoko ry’ibiribwa).
Uwifuza gupiganira ayo masoko yaza gufata igitabo cy’amabwiriza agenga ipiganwa ku biro by’Umushinga RW0379 ADEPR GATENGA aho ukorera muri Paruwase, yitwaje inyemeza bwishyu (bordereau) igaragaza ko yishyuye amafaranga y’u Rwanda ibihumbi icumi (10.000 Frw) adasubizwa kuri konti N° 100034575546 y’Ururembo rwa Kigali iri muri BK yitwa ADEPR Kigali Region, kuri buri soko yifuza mu yavuzwe haruguru.
Uwifuza kubona igitabo cy’amabwiriza agenga ipiganwa mu buryo bw’ikoranabuhanga agisaba Ubuyobozi bw’Umushinga RW 0379 ADEPR GATENGA akoresheje e-mail: rw379projectdirector@gmail.com , akohereza ubusabe bwe buri hamwe n’inyemezabwishyu (bordereau) yemeza ko yishyuye ikiguzi cy’igitabo cy’amabwiriza agenga ipiganwa, maze akabona kohererezwa icyo gitabo.Inyandiko z’ipiganwa zizakirwa kandi zifungurirwe mu ruhame ku wa 9/10/2025 saa Munani z’amanwa (14h00) ku biro by’Umushinga RW 0338 ADEPR GATENGA.Nyuma y’iyo saha nta yindi nyandiko izakirwa.
Ukeneye ibindi bisobanuro ya hamagara kuri Telefone No: 0788308647 / 0788773481
Join a Focused Community on job search to uncover both advertised and non-advertised jobs that you may not be aware of. A jobs WhatsApp Group Community can ensure that you know the opportunities happening around you and a jobs Facebook Group Community provides an opportunity to discuss with employers who need to fill urgent position. Click the links to join. You can view previously sent Email Alerts here incase you missed them and Subscribe so that you never miss out.